Hadjara N

Avatar photo

Kurera umwana gusa ntibihagije, n’ababyeyi bakwiye kwigishwa – Dr. Chaste Uwihoreye

Mu gihe ubuzima bwo mu mutwe bw’abana bukomeje kwitabwaho cyane mu rwego rw’uburezi, Umuyobozi wa Tubafashe Academy School, Dr. Chaste Uwihoreye, avuga ko ishuri ridakwiye kurera umwana gusa. Asanga kimwe n’uko abana biga, n’ababyeyi bakwiye guhabwa ubumenyi bubafasha kubarera neza no kubafasha gukura bafite ubuzima bwiza bwo mu mutwe. Yabigarutseho avuga ko hari igihe umwana […]

Kurera umwana gusa ntibihagije, n’ababyeyi bakwiye kwigishwa – Dr. Chaste Uwihoreye Read More »

🇷🇼Siporo, imyidagaduro n’ubugeni  bifasha abana gukura neza no gukurikira mu ishuri – Tubafashe Academy

Mu gihe amashuri menshi akomeje gushyira imbaraga mu kuzamura imitsindire y’abanyeshuri, hari n’atangiye kwita cyane ku bindi bikorwa bifasha umwana gukura neza no gukurikira mu ishuri, birimo siporo, imyidagaduro n’ubugeni. Ubuyobozi bwa Tubafashe Academy School, iherereye mu Karere ka Rwamagana, buvuga ko ibi bikorwa bidakwiye gufatwa nk’ibyo kurangaza abana cyangwa kubatesha igihe, ahubwo ko bigira

🇷🇼Siporo, imyidagaduro n’ubugeni  bifasha abana gukura neza no gukurikira mu ishuri – Tubafashe Academy Read More »

🇷🇼Tubafashe Academy yasoje umwaka w’amashuri ishimangira ko kwita ku ubuzima bwo mu mutwe ari inkingi y’uburezi

Mu gihe amashuri agenda arushaho guhatanira kuzamura ireme ry’uburezi n’imitsindire y’abanyeshuri, hari n’ayatangiye gushyira imbaraga mu kwita ku buzima bwo mu mutwe, guteza imbere impano no gutanga uburere bwuzuye. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho mu muhango wo gusoza umwaka w’amashuri wa 2025-2026 wabereye muri Tubafashe Academy School, aho abana barangije icyiciro cy’incuke bahawe impamyabumenyi zibemerera

🇷🇼Tubafashe Academy yasoje umwaka w’amashuri ishimangira ko kwita ku ubuzima bwo mu mutwe ari inkingi y’uburezi Read More »

🇷🇼 “Ubu Turarya Kabiri Ku Munsi Twararyaga Rimwe” Abahinzi bo mu Karere ka Kirehe Bishimira Kuhira Imyaka Hifashishijwe Imirasire y’Izuba.

Mu Karere ka Kirehe, mu Ntara y’Iburasirazuba, abahinzi bo mu Murenge wa Musaza ndetse no mu bindi bice byashyizwemo gahunda yo kuhira hifashishijwe imirasire y’izuba bavuga ko ubuzima bwabo bwahindutse ku buryo bugaragara. Bavuga ko umusaruro wiyongereye, ibiribwa biboneka mu ngo, ndetse bamwe muri bo basigaye barya kabiri ku munsi, mu gihe mbere baryaga rimwe

🇷🇼 “Ubu Turarya Kabiri Ku Munsi Twararyaga Rimwe” Abahinzi bo mu Karere ka Kirehe Bishimira Kuhira Imyaka Hifashishijwe Imirasire y’Izuba. Read More »

🌊🏖️🎉 Kivu Beach Expo & Festival 2025: Iserukiramuco rigamije guteza imbere ubukerarugendo rigiye kubera i Rutsiro 🇷🇼🏝️🚤

Kivu Beach Expo and Festival, iserukiramuco ririmo n’imurikagurisha, ritegurwa na Yirunga Ltd ku bufatanye n’Akarere ka Rutsiro, rizabera mu Murenge wa Boneza mu rwego rwo guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku muco muri aka karere. Kuri ubu imyiteguro irarimbanyije, harimo n’uruzinduko rwo gusura abafatanyabikorwa kugira ngo harebwe aho gahunda igeze. Abafite ibikorwa by’ubukerarugendo mu nkengero z’ikiyaga

🌊🏖️🎉 Kivu Beach Expo & Festival 2025: Iserukiramuco rigamije guteza imbere ubukerarugendo rigiye kubera i Rutsiro 🇷🇼🏝️🚤 Read More »

🌾Abahinzi bakoresha Ifumbire mvaruganda biyongereyeho 6.9% 📊Imibare ya NISR yerekana impinduka mu buhinzi bw’u Rwanda 2025.

Ubushakashatsi bushya bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) bwerekanye ko abahinzi b’u Rwanda barushaho gukoresha ifumbire mvaruganda, mu gihe ubuso buhingwa n’ibikorwa byo kurwanya isuri byiyongereye ugereranyije n’umwaka ushize. Nk’uko bigaragara muri Seasonal Agricultural Survey (SAS) yakozwe na NISR y’igihembwe cya kabiri cy’ihinga 2025 B, abahinzi bakoresheje ifumbire mvaruganda biyongereyeho 6.9% ugereranyije n’igihembwe cya 2024

🌾Abahinzi bakoresha Ifumbire mvaruganda biyongereyeho 6.9% 📊Imibare ya NISR yerekana impinduka mu buhinzi bw’u Rwanda 2025. Read More »

📈 Ibiciro ku masoko yo mu Rwanda byiyongereyeho 7,1% muri Kanama 2025! 🍞🛒💊🚗

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku masoko muri Kanama 2025 byiyongereyeho 7,1% ugereranyije n’umwaka ushize. NISR yatangaje igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro ku masoko mu kwezi kwa Kanama 2025, kuri uyu wa 10 Nzeri. Ubusanzwe igipimo ngenderwaho cyifashishwa mu bukungu bw’u Rwanda kiboneka hifashishijwe gusa ibiciro byakusanyijwe mu mijyi. NISR yatangaje ko

📈 Ibiciro ku masoko yo mu Rwanda byiyongereyeho 7,1% muri Kanama 2025! 🍞🛒💊🚗 Read More »

Scroll to Top