Uburezi

Kurera umwana gusa ntibihagije, n’ababyeyi bakwiye kwigishwa – Dr. Chaste Uwihoreye

Mu gihe ubuzima bwo mu mutwe bw’abana bukomeje kwitabwaho cyane mu rwego rw’uburezi, Umuyobozi wa Tubafashe Academy School, Dr. Chaste Uwihoreye, avuga ko ishuri ridakwiye kurera umwana gusa. Asanga kimwe n’uko abana biga, n’ababyeyi bakwiye guhabwa ubumenyi bubafasha kubarera neza no kubafasha gukura bafite ubuzima bwiza bwo mu mutwe. Yabigarutseho avuga ko hari igihe umwana […]

Kurera umwana gusa ntibihagije, n’ababyeyi bakwiye kwigishwa – Dr. Chaste Uwihoreye Read More »

🇷🇼Siporo, imyidagaduro n’ubugeni  bifasha abana gukura neza no gukurikira mu ishuri – Tubafashe Academy

Mu gihe amashuri menshi akomeje gushyira imbaraga mu kuzamura imitsindire y’abanyeshuri, hari n’atangiye kwita cyane ku bindi bikorwa bifasha umwana gukura neza no gukurikira mu ishuri, birimo siporo, imyidagaduro n’ubugeni. Ubuyobozi bwa Tubafashe Academy School, iherereye mu Karere ka Rwamagana, buvuga ko ibi bikorwa bidakwiye gufatwa nk’ibyo kurangaza abana cyangwa kubatesha igihe, ahubwo ko bigira

🇷🇼Siporo, imyidagaduro n’ubugeni  bifasha abana gukura neza no gukurikira mu ishuri – Tubafashe Academy Read More »

🇷🇼Tubafashe Academy yasoje umwaka w’amashuri ishimangira ko kwita ku ubuzima bwo mu mutwe ari inkingi y’uburezi

Mu gihe amashuri agenda arushaho guhatanira kuzamura ireme ry’uburezi n’imitsindire y’abanyeshuri, hari n’ayatangiye gushyira imbaraga mu kwita ku buzima bwo mu mutwe, guteza imbere impano no gutanga uburere bwuzuye. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho mu muhango wo gusoza umwaka w’amashuri wa 2025-2026 wabereye muri Tubafashe Academy School, aho abana barangije icyiciro cy’incuke bahawe impamyabumenyi zibemerera

🇷🇼Tubafashe Academy yasoje umwaka w’amashuri ishimangira ko kwita ku ubuzima bwo mu mutwe ari inkingi y’uburezi Read More »

Scroll to Top